issa
King Saha, Jose Chameleon, Weasel na Pallaso mu mishinga na The Ben

King Saha, Jose Chameleon, Weasel na Pallaso mu mishinga na The Ben

May 21, 2025 - 18:17
 0

Abahanzi bafite amazina mu muziki wa Uganda; King Saha,abo kwa Mayanja barimo Jose Chameleon, Pallaso na Weasel bageze kure imyiteguro y'imishinga y'indirimbo bazakorana na The Ben.


Abahanzi bafite amazina mu muziki wa Uganda; King Saha,abo kwa Mayanja barimo Jose Chameleon, Pallaso na Weasel bageze kure imyiteguro y'imishinga y'indirimbo bazakorana na The Ben.

King Saha ni umwe mu bahanzi bafite abafana benshi muri Uganda dore ko yuzuza ahantu nka Cricket Oval hajya abarenga ibihumbi 25.

Uyu muhanzi ukora umuziki ubyinitse yamaze kwishyura ibihumbi $10 ku buryo igisigaye ari gukora iyo ndirimbo izakorwa na Nessim Pan Production mu gihe amashusho azakorwa na Sacha Vybz.

The Ben nk'umuhanzi uhenze ku isoko rya Kampala ari gushakwa n'abahanzi kugirango bigarurire isoko ry'iwabo bitewe n'uko abarusha gucuruza amatike ku isoko ryabo.

King Saha rero yamaze kwishyura ibisabwa ku buryo igihe cyo gukora indirimbo nikigera nacyo nzakibamenyesha. 

Icyakora hatagize igihinduka indirimbo ya King Saha na The Ben itegerejwe gutangira gukorwa muri Gicurasi 2025.

Abo kwa Mayanja nabo yabatekerejeho

Weasel yashatse The Ben igihe kirekire yifuza indirimbo. Byageze n'aho yiyambaza Teta Sandra babyaranye ngo amushakire The Ben nubwo ntacyo byaranze.

Mu Ijoro ryo ku itariki 19 Gicurasi 2025 ubwo mu kabari biyemeje gufata umwanzuro ariko noneho indirimbo ntibe iya Webasuhuzanyagaasel gusa ahubwo ikazahuriramo Jose Chameleon, Pallaso na Weasel. 

Iyi nayo izakorwa nyuma y'iya King Saha. Icyakora habayeho guhumiriza dore ko iyi ndirimbo not kiguzi yasabye mu rwego rwo guha icyubahiro abo kwa Mayanja.

Ni iki twakwitega kuri izi ndirimbo?

King Saha ni umuhanzi wuzuza ahantu hose hakorerwa ibitaramo muri Uganda. Ibi rero bizamufasha kuba noneho yatekereza ku bitaramo bihenze kandi akaba yanabasha kwibona ku isoko rya Kigali nubwo bigoye.

The Ben nawe azabyungukiramo kuko igihe yatekereza igitaramo cy'abantu bo muri za Cricket Oval n'ahandi hajya abantu barenze 35,000. 

Ariko nanone bizamufasha gukomeza kuba umuhanzi wigaruriye isoko rya Kampala no mu bihe biri imbere.

Ku ruhande rw'abo Kwa Mayanja, ni abahanzi bubashywe kandi bakoze byinshi mu muziki wa Uganda ku buryo kubiyegereza ari ukureba kure.

 Icyakora aba bo nta musaruro izabaha ku isoko rya Kigali dore ko imiziki yabo itacyumvwa bitewe n'uko isa nk'iyahararutswe mu Banyarwanda.

King Saha, Jose Chameleon, Weasel na Pallaso mu mishinga na The Ben

May 21, 2025 - 18:17
May 21, 2025 - 18:58
 0
King Saha, Jose Chameleon, Weasel na Pallaso mu mishinga na The Ben

Abahanzi bafite amazina mu muziki wa Uganda; King Saha,abo kwa Mayanja barimo Jose Chameleon, Pallaso na Weasel bageze kure imyiteguro y'imishinga y'indirimbo bazakorana na The Ben.


Abahanzi bafite amazina mu muziki wa Uganda; King Saha,abo kwa Mayanja barimo Jose Chameleon, Pallaso na Weasel bageze kure imyiteguro y'imishinga y'indirimbo bazakorana na The Ben.

King Saha ni umwe mu bahanzi bafite abafana benshi muri Uganda dore ko yuzuza ahantu nka Cricket Oval hajya abarenga ibihumbi 25.

Uyu muhanzi ukora umuziki ubyinitse yamaze kwishyura ibihumbi $10 ku buryo igisigaye ari gukora iyo ndirimbo izakorwa na Nessim Pan Production mu gihe amashusho azakorwa na Sacha Vybz.

The Ben nk'umuhanzi uhenze ku isoko rya Kampala ari gushakwa n'abahanzi kugirango bigarurire isoko ry'iwabo bitewe n'uko abarusha gucuruza amatike ku isoko ryabo.

King Saha rero yamaze kwishyura ibisabwa ku buryo igihe cyo gukora indirimbo nikigera nacyo nzakibamenyesha. 

Icyakora hatagize igihinduka indirimbo ya King Saha na The Ben itegerejwe gutangira gukorwa muri Gicurasi 2025.

Abo kwa Mayanja nabo yabatekerejeho

Weasel yashatse The Ben igihe kirekire yifuza indirimbo. Byageze n'aho yiyambaza Teta Sandra babyaranye ngo amushakire The Ben nubwo ntacyo byaranze.

Mu Ijoro ryo ku itariki 19 Gicurasi 2025 ubwo mu kabari biyemeje gufata umwanzuro ariko noneho indirimbo ntibe iya Webasuhuzanyagaasel gusa ahubwo ikazahuriramo Jose Chameleon, Pallaso na Weasel. 

Iyi nayo izakorwa nyuma y'iya King Saha. Icyakora habayeho guhumiriza dore ko iyi ndirimbo not kiguzi yasabye mu rwego rwo guha icyubahiro abo kwa Mayanja.

Ni iki twakwitega kuri izi ndirimbo?

King Saha ni umuhanzi wuzuza ahantu hose hakorerwa ibitaramo muri Uganda. Ibi rero bizamufasha kuba noneho yatekereza ku bitaramo bihenze kandi akaba yanabasha kwibona ku isoko rya Kigali nubwo bigoye.

The Ben nawe azabyungukiramo kuko igihe yatekereza igitaramo cy'abantu bo muri za Cricket Oval n'ahandi hajya abantu barenze 35,000. 

Ariko nanone bizamufasha gukomeza kuba umuhanzi wigaruriye isoko rya Kampala no mu bihe biri imbere.

Ku ruhande rw'abo Kwa Mayanja, ni abahanzi bubashywe kandi bakoze byinshi mu muziki wa Uganda ku buryo kubiyegereza ari ukureba kure.

 Icyakora aba bo nta musaruro izabaha ku isoko rya Kigali dore ko imiziki yabo itacyumvwa bitewe n'uko isa nk'iyahararutswe mu Banyarwanda.