Imyanzuro y’inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC NA SADC

Imyanzuro y’inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC NA SADC

Mar 26, 2025 - 14:04
 0

Inama ihuriweho n’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Iterambere ry’Uburasirazuba bwa Afurika (SADC) yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga ku ya 24 Werurwe 2025.


 nama yibanze ku gusuzuma raporo y’Abaminisitiri ba EAC na SADC ku bibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC).

Hari abayobozi bakomeye bagizwe abahuza bashya mu bibazo by’intambara yo mu Burasirazuba bwa Congo:

Inama yashyizeho aba bakuru b’ibihugu bahoze bayobora, kugira ngo bafashe mu bikorwa by’ubuhuza:

            •          Nyakubahwa Olusegun Obasanjo, wahoze ari Perezida wa Nigeria

            •          Nyakubahwa Uhuru Kenyatta, wahoze ari Perezida wa Kenya

            •          Nyakubahwa Kgalema Motlanthe, wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo

            •          Nyakubahwa Catherine Samba Panza, wahoze ari Perezida wa Centrafrique

            •          Nyakubahwa Sahle-Work Zewde, wahoze ari Perezida wa Ethiopia

Iyi nama Kandi yafashe imwe mu myanzuro itandukanye irimo:

 Inama yasabye ubunyamabanga bwa EAC na SADC kumenyesha abahuza bemejwe ku cyemezo cyafashwe, no kugeza imyanzuro y’inama ku Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) no ku Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano (UN Security Council).

Inama yasabye abayiyoboye gutegura inama yo gutanga ibisobanuro ku kanama k’abahuza mu gihe cy’iminsi irindwi iri imbere. Iyi nama izayoborwa ku bufatanye bwa SADC, EAC na AU.

Imyanzuro y’inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC NA SADC

Mar 26, 2025 - 14:04
 0
Imyanzuro y’inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC NA SADC

Inama ihuriweho n’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Iterambere ry’Uburasirazuba bwa Afurika (SADC) yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga ku ya 24 Werurwe 2025.


 nama yibanze ku gusuzuma raporo y’Abaminisitiri ba EAC na SADC ku bibazo by’umutekano mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DRC).

Hari abayobozi bakomeye bagizwe abahuza bashya mu bibazo by’intambara yo mu Burasirazuba bwa Congo:

Inama yashyizeho aba bakuru b’ibihugu bahoze bayobora, kugira ngo bafashe mu bikorwa by’ubuhuza:

            •          Nyakubahwa Olusegun Obasanjo, wahoze ari Perezida wa Nigeria

            •          Nyakubahwa Uhuru Kenyatta, wahoze ari Perezida wa Kenya

            •          Nyakubahwa Kgalema Motlanthe, wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo

            •          Nyakubahwa Catherine Samba Panza, wahoze ari Perezida wa Centrafrique

            •          Nyakubahwa Sahle-Work Zewde, wahoze ari Perezida wa Ethiopia

Iyi nama Kandi yafashe imwe mu myanzuro itandukanye irimo:

 Inama yasabye ubunyamabanga bwa EAC na SADC kumenyesha abahuza bemejwe ku cyemezo cyafashwe, no kugeza imyanzuro y’inama ku Muryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) no ku Kanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano (UN Security Council).

Inama yasabye abayiyoboye gutegura inama yo gutanga ibisobanuro ku kanama k’abahuza mu gihe cy’iminsi irindwi iri imbere. Iyi nama izayoborwa ku bufatanye bwa SADC, EAC na AU.

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.