issa
FARDC yimuriye intwaro zikomeye mu Burundi mu bwoba bwo gutakaza Uvira

FARDC yimuriye intwaro zikomeye mu Burundi mu bwoba bwo gutakaza Uvira

Oct 20, 2025 - 18:45
 0

Ingabo za Leta ya Congo (FARDC) zatangiye kwimura intwaro zikomeye zerekeza mu Burundi, mu gihe ubwoba bukomeje kwiyongera ko umujyi wa Uvira ushobora gufatwa n’inyeshyamba za AFC/M23, nyuma y’uko ibiganiro by’amahoro bihagaze.


Amakuru dukesha The Great Lakes Eye avuga ko izi ntwaro zirimo ibifaru, imbunda zirasa indege n’imodoka z’intambara, zirimo kunyuzwa ku mupaka wa Kavimvira–Gatumba zigana mu kigo cya gisirikare cya Mudubugu mu Burundi.

Umwe mu basirikare ba dipolomasi i Bujumbura yavuze ko ari “strategic withdrawal” yo kurinda ibikoresho bikomeye, ariko ishobora gutuma Uvira igwa mu maboko ya AFC/M23, bikongerera uyu mutwe imbaraga nyuma yo gufata Goma na Bukavu.

Nubwo FARDC ifatanyije na FDLR, Ingabo z’u Burundi, n’abacanshuro, ntibyabashije guhagarika AFC/M23, ibintu bigaragaza ko guverinoma ya Kinshasa ikomeje gutakaza icyizere mu bushobozi bwayo bwo kurwana.

FARDC yimuriye intwaro zikomeye mu Burundi mu bwoba bwo gutakaza Uvira

Oct 20, 2025 - 18:45
Oct 20, 2025 - 18:46
 0
FARDC yimuriye intwaro zikomeye mu Burundi mu bwoba bwo gutakaza Uvira

Ingabo za Leta ya Congo (FARDC) zatangiye kwimura intwaro zikomeye zerekeza mu Burundi, mu gihe ubwoba bukomeje kwiyongera ko umujyi wa Uvira ushobora gufatwa n’inyeshyamba za AFC/M23, nyuma y’uko ibiganiro by’amahoro bihagaze.


Amakuru dukesha The Great Lakes Eye avuga ko izi ntwaro zirimo ibifaru, imbunda zirasa indege n’imodoka z’intambara, zirimo kunyuzwa ku mupaka wa Kavimvira–Gatumba zigana mu kigo cya gisirikare cya Mudubugu mu Burundi.

Umwe mu basirikare ba dipolomasi i Bujumbura yavuze ko ari “strategic withdrawal” yo kurinda ibikoresho bikomeye, ariko ishobora gutuma Uvira igwa mu maboko ya AFC/M23, bikongerera uyu mutwe imbaraga nyuma yo gufata Goma na Bukavu.

Nubwo FARDC ifatanyije na FDLR, Ingabo z’u Burundi, n’abacanshuro, ntibyabashije guhagarika AFC/M23, ibintu bigaragaza ko guverinoma ya Kinshasa ikomeje gutakaza icyizere mu bushobozi bwayo bwo kurwana.