issa
Diamond Platnumz yahunze igihugu

Diamond Platnumz yahunze igihugu

Oct 31, 2025 - 12:07
 0

Abantu bo mu ikipe ya Diamond Platnumz babwiye UKWELITIMES ko Diamond n’umuryango we n’abandi 24 bakorana buri munsi banyuze ku kibuga cy’indege kitwa Tanga. Diamond Platnumz yabwiwe ko natitandukanya no gushyigikira Samia Suluhu ari butwikirwe imitungo ye.


Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika Diamond Platnumz ari kumwe na nyina n’abandi 24 bo muri WCB buriye indege berekeza I mahanga mu rwego rwo guhunga urugomo rw’urubyiruko ruri gutwika ibintu byose by’abashyigikiye Samia Suluhu.

Abantu bo mu ikipe ya Diamond Platnumz babwiye UKWELITIMES ko Diamond n’umuryango we n’abandi 24 bakorana buri munsi banyuze ku kibuga cy’indege kitwa Tanga. Diamond Platnumz yabwiwe ko natitandukanya no gushyigikira Samia Suluhu ari butwikirwe imitungo ye.

Yigeze kwandika ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze ariko nyuma gato abakoresha imbuga nkoranyambaga bamubwiye kubisiba. Yahise yibwiriza arabusiba usibye ko bagenzi be barimo Juma Jux, Billinas babatwikiye amaduka na resitora.

 Abahaye amakuru Ukwelitimes birinze kuvuga aho Diamond Platnumz yahungiye kugirango arinde umutekano we ndetse azasubira iwabo amahoro naboneka. Kuva Diamond Platnumz yakwamamara yabaye umurwanashywaka wa CCM ku buryo yari inshuti y’akadosohoka ya buri muperezida uhereye kuri Kikwete, Magufuli na Samia Suluhu.

Diamond Platnumz yahunze igihugu

Oct 31, 2025 - 12:07
 0
Diamond Platnumz yahunze igihugu

Abantu bo mu ikipe ya Diamond Platnumz babwiye UKWELITIMES ko Diamond n’umuryango we n’abandi 24 bakorana buri munsi banyuze ku kibuga cy’indege kitwa Tanga. Diamond Platnumz yabwiwe ko natitandukanya no gushyigikira Samia Suluhu ari butwikirwe imitungo ye.


Umuhanzi w’icyamamare muri Afurika Diamond Platnumz ari kumwe na nyina n’abandi 24 bo muri WCB buriye indege berekeza I mahanga mu rwego rwo guhunga urugomo rw’urubyiruko ruri gutwika ibintu byose by’abashyigikiye Samia Suluhu.

Abantu bo mu ikipe ya Diamond Platnumz babwiye UKWELITIMES ko Diamond n’umuryango we n’abandi 24 bakorana buri munsi banyuze ku kibuga cy’indege kitwa Tanga. Diamond Platnumz yabwiwe ko natitandukanya no gushyigikira Samia Suluhu ari butwikirwe imitungo ye.

Yigeze kwandika ubutumwa ku mbuga nkoranyambaga ze ariko nyuma gato abakoresha imbuga nkoranyambaga bamubwiye kubisiba. Yahise yibwiriza arabusiba usibye ko bagenzi be barimo Juma Jux, Billinas babatwikiye amaduka na resitora.

 Abahaye amakuru Ukwelitimes birinze kuvuga aho Diamond Platnumz yahungiye kugirango arinde umutekano we ndetse azasubira iwabo amahoro naboneka. Kuva Diamond Platnumz yakwamamara yabaye umurwanashywaka wa CCM ku buryo yari inshuti y’akadosohoka ya buri muperezida uhereye kuri Kikwete, Magufuli na Samia Suluhu.