Angola irashaka kunyurwa ari uko M23 yicaranye na Kinshasa ku meza y’ibiganiro

Angola irashaka kunyurwa ari uko M23 yicaranye na Kinshasa ku meza y’ibiganiro

Mar 19, 2025 - 11:50
 0

Nyuma y’uko umutwe wa M23 wanzuye ko wikuye ku meza y’ibiganiro byagombaga kuwuhuza n’ubutegetsi bwa Kinshasa, Angola nk’umuhuza ivuga ko izanyurwa aruko iyo ntego igezweho.


Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Angola aho yavuze ko  ko iri gukora uko ishoboye ngo abahagarariye M23 bazemere kuganira n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Yagize iti” “Guverinoma ya Angola, mu bubasha bwayo nk’umuhuza, irakora ibishoboka kugira ngo iyi nama ibe vuba. Dushimangira ko ibiganiro ari byo byonyine byazana amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC.”

Ni ibiganiro byahagaze nyuma y’uko M23 yatangazaga ko abantu bayo batazitabira ibiganiro na Kinshasa kandi abayobozi bayo barafatiwe ibihano n’ibihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi.

N’ubwo ari uko bihagaze kugeza ubu, Angola nk’umuhuza ivuga ko nta rirarenga, ko iri gukora uko ishoboye ngo M23 izaganire n’ubutegetsi bwa Kinshasa

Ubwo M23 yatangazaga ko itazitabira biriya biganiro, Umuvugizi wayo Kanyuka Lawrence yavuze ko mu miberere nk’iriya, nta biganiro umutwe avugira wakwitabira.Ni mugihe intumwa zihagarariwe na Minisitriri Jean Pierre Bemba zo zari zamaze kugera I Luanda ahari haterejwe kubera ibiganiro kuri uyu wa Kabiri taliki 18 Werurwe 2025.

 

 

Angola irashaka kunyurwa ari uko M23 yicaranye na Kinshasa ku meza y’ibiganiro

Mar 19, 2025 - 11:50
Mar 19, 2025 - 11:58
 0
Angola irashaka kunyurwa ari uko M23 yicaranye na Kinshasa ku meza y’ibiganiro

Nyuma y’uko umutwe wa M23 wanzuye ko wikuye ku meza y’ibiganiro byagombaga kuwuhuza n’ubutegetsi bwa Kinshasa, Angola nk’umuhuza ivuga ko izanyurwa aruko iyo ntego igezweho.


Ibi byatangajwe na Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Angola aho yavuze ko  ko iri gukora uko ishoboye ngo abahagarariye M23 bazemere kuganira n’ubutegetsi bwa Kinshasa.

Yagize iti” “Guverinoma ya Angola, mu bubasha bwayo nk’umuhuza, irakora ibishoboka kugira ngo iyi nama ibe vuba. Dushimangira ko ibiganiro ari byo byonyine byazana amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC.”

Ni ibiganiro byahagaze nyuma y’uko M23 yatangazaga ko abantu bayo batazitabira ibiganiro na Kinshasa kandi abayobozi bayo barafatiwe ibihano n’ibihugu by’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi.

N’ubwo ari uko bihagaze kugeza ubu, Angola nk’umuhuza ivuga ko nta rirarenga, ko iri gukora uko ishoboye ngo M23 izaganire n’ubutegetsi bwa Kinshasa

Ubwo M23 yatangazaga ko itazitabira biriya biganiro, Umuvugizi wayo Kanyuka Lawrence yavuze ko mu miberere nk’iriya, nta biganiro umutwe avugira wakwitabira.Ni mugihe intumwa zihagarariwe na Minisitriri Jean Pierre Bemba zo zari zamaze kugera I Luanda ahari haterejwe kubera ibiganiro kuri uyu wa Kabiri taliki 18 Werurwe 2025.

 

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.