issa
Abarenga 1000 biciwe mu ntambara yo muri  Iran

Abarenga 1000 biciwe mu ntambara yo muri Iran

Mar 5, 2026 - 09:24
 0

Ibitangazamakuru byo muri Iran bivuga ko abamaze gupfa basaga 10,045. Umunyamakuru wa AlJAZEERA uri I Tehran,yasobanuye ko hari abana basaga 300 n’abakuru basaga 6000 bari mu bitaro bakomeretse bikabije.


Ni umunsi wa Gatanu w’intambara ihanganishije Israel, Amerika na Iran. Icyakora ingaruka nyinshi ziri ku baturage ba Iran bitewe nuko iraswaho amanywa n’ijoro. AL JAZEERA yanditse ko abaturage barenga 1000 biciwe mu ntambara kandi barimo abayobozi bakuru n’abasirikare.

Iran yabwiye ibihugu biri kuyiteraho ibisasu ko igiye gusenya ibikorwaremezo bya gisirikare n’iby’ubukungo byo mu bihugu byo mu Burasirazuba bw’isi aho Amerika ifite ibirindiro by’ingabo no mu bihugu binywanyi by’Amerika.

Ibitangazamakuru byo muri Iran bivuga ko abamaze gupfa basaga 10,045. Umunyamakuru wa AlJAZEERA uri I Tehran,yasobanuye ko hari abana basaga 300 n’abakuru basaga 6000 bari mu bitaro bakomeretse bikabije.

Abarenga 1000 biciwe mu ntambara yo muri Iran

Mar 5, 2026 - 09:24
 0
Abarenga 1000 biciwe mu ntambara yo muri  Iran

Ibitangazamakuru byo muri Iran bivuga ko abamaze gupfa basaga 10,045. Umunyamakuru wa AlJAZEERA uri I Tehran,yasobanuye ko hari abana basaga 300 n’abakuru basaga 6000 bari mu bitaro bakomeretse bikabije.


Ni umunsi wa Gatanu w’intambara ihanganishije Israel, Amerika na Iran. Icyakora ingaruka nyinshi ziri ku baturage ba Iran bitewe nuko iraswaho amanywa n’ijoro. AL JAZEERA yanditse ko abaturage barenga 1000 biciwe mu ntambara kandi barimo abayobozi bakuru n’abasirikare.

Iran yabwiye ibihugu biri kuyiteraho ibisasu ko igiye gusenya ibikorwaremezo bya gisirikare n’iby’ubukungo byo mu bihugu byo mu Burasirazuba bw’isi aho Amerika ifite ibirindiro by’ingabo no mu bihugu binywanyi by’Amerika.

Ibitangazamakuru byo muri Iran bivuga ko abamaze gupfa basaga 10,045. Umunyamakuru wa AlJAZEERA uri I Tehran,yasobanuye ko hari abana basaga 300 n’abakuru basaga 6000 bari mu bitaro bakomeretse bikabije.