Urukiko rwakatiye abakoraga mu kigo cy'amabuye y'agaciro
KANYANGIRA John yari Division manager for Mining Traceability muri RMB, NIYONGABO Richard wari Division Manager for Mining Cadeter and Digital Information muri RMB na RWOMUSHANA Karemera Augustin wari Division Manager for Mineral market and Strategy division muri RMB. Bari abakozi ba RMB baregewe Urukiko bakekwaho kuba baragiye bahana gahunda n’abacukuzi b’amabuye y’agaciro babaga basaba serivise zo guhabwa ibyangombwa by’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro (Mining Licence), cyangwa ababaga basaba tags, bagahura bakabizeza indonke nabo bakabemerera serivise babaga bari gusaba. RUBAZINDA Callixte ufite Company y’ubucukuzi yitwa Calliane Mines Ltd, Ndagijimana Jean Philippe ufite Company yitwa Gamico Ltd,KWIZERA Jean Bosco ufite Company yitwa DUMAC Ltd, na HAKIZINSHUTI Jonas ufite Company yitwa Ets HAJOS nabo barezwe bakekwaho ko aribo bahanye gahunda n’abakozi ba RMB bakabasezeranya indonke nabo bakabaha Service kubera indonke babahaga cyangwa babasezeranyaga.
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwageze abere; Hakizinshuti Jonas, Rwamushana Karemera Augustin.
Urukiko kandi rwategetse ko bahita barekurwa nyuma y’uko badahamwe n’ibyaha byo;gufata icyemezo gishingiye ku itonesha, gusezeranya indonke n’icyaha cyo kudasobanura inkomoko y’umutungo.
Kwizera Jean Bosco nawe yahanishijwe igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandau n’ihazabu ya 600,000 Frw. Ndagijimana Jean Philippe nawe yahanishijwe igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandau n’ihazabu ya 600,000 Frw.
Niyongabo Richard yahanishijwe igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandau n’ihazabu ya 600,000 Frw na Kanyangira John yahanishijwe igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandau n’ihazabu ya 600,000 Frw. Bahamijwe ibyaha birimo;kwakira indonke,gutanga indonke.
Uko Urukiko rubibona
Urukiko rurasanga kuba KANYANGIRA John na NIYONGABO Richard bahamwa n’icyaha cyo kwakira indonke kandi kuba NDAGIJIMANA Jean Philippe, KWIZERA Jean Bosco na RUBAZINDA
Urukiko rurasanga nta kigaragaza ko KANYANGIRA John, NIYONGABO Richard, NDAGIJIMANA Jean Philippe, KWIZERA Jean Bosco na RUBAZINDA Callixte bari basanganywe imyitwarire mibi,
bityo rugasanga bakwiye guhanishwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 5 n’ihazabu yikubye 3 indonke baregwa, rusanga kandi hari impamvu nyoroshyacyaha zigizwe no kuba ari ubwa mbere bakoze icyaha,kubera izo mpamvu igihano bahawe kikaba kigomba kugabanwa maze
KANYANGIRA John agahanishwa igifungo cy’imyaka ibiri n’amezi atandatu (2ans+6mois) n’ihazabu ya 1,260,000Frw.
Gusaba no kwakira indonke, icyaha giteganywa kandi kigahanishwa
Gutanga indonke, icyaha giteganywa kandi kigahanishwa ingingo ya 4 y’itegeko No 54/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ryerekeye kurwanya ruswa. Gusezeranya gutanga indonke icyaha giteganywa kandi kigahanishwa ingingo ya 4 y’itegeko No 54/2018 ryo ku wa 13/08/2018 ryerekeye kurwanya ruswa.
Ibyo abahamijwe ibyaha n’ababaye abere bakoraga
KANYANGIRA John yari Division manager for Mining Traceability muri RMB, NIYONGABO Richard wari Division Manager for Mining Cadeter and Digital Information muri RMB na RWOMUSHANA Karemera Augustin wari Division Manager for Mineral market and Strategy
division muri RMB.
bw’amabuye y’agaciro (Mining Licence), cyangwa ababaga basaba tags, bagahura bakabizeza indonke nabo bakabemerera serivise babaga bari gusaba.
Umwanzuro w’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge wasomewe mu ruhame Ku wa 12 Werurwe 2026.


Kinyarwanda
English
Swahili









