Ukraine yemeye guhagarika intambara mu gihe cy’ukwezi itarwana  n’u Burusiya

Ukraine yemeye guhagarika intambara mu gihe cy’ukwezi itarwana  n’u Burusiya

Mar 12, 2025 - 11:52
 0

Igihugu cy’u Burusiya cyemeje amakuru y’uko cyahagaritse intambara kitarwana n’u Burusiya mu gihe cy’iminsi 30 ku busabe bwa Amerika.


Byemejwe na Ministiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio, aho yatangaje ko Ukraine yemeye umushinga w’Amerika usaba ihagarikwa ry’intambara hagati y’Uburusiya na Ukraine mu gihe cy’iminsi 30.

Ati": Intumwa z'impande zombi zemeye gushyiraho amatsinda azihagarariye mu biganiro no gutangira ibiganiro aka kanya bigamije kugeza ku mahoro arambye aha Ukraine umutekano w'igihe kirekire."

Ibiganiro byahuzaga impande zombi byari bihujwe n’Arabiya Sawudite, I Jeddah. Uyu mukuru wa diplomasi y’Amerika yavuze ko agiye kujyana uwo mushinga ku Barusiya abasaba nabo kwemera guhagarika imirwano.

Amerika yahise itangaza ko nyuma y’ibyo biganiro yahise isubukuye inkunga ya gisirikari yahaga Ukraine. Yanavuze ko igiye kongera gusangiza Ukraine amakuru y’ubutasi.

Impande zombi  kandi zemeranyije ko zigiye gusubukura umugambi wo gushyira umukono ku masezerano aha Amerika uburenganzira bwo gucukura amabuye y’agaciro muri Ukraine.

 

 

Ukraine yemeye guhagarika intambara mu gihe cy’ukwezi itarwana  n’u Burusiya

Mar 12, 2025 - 11:52
 0
Ukraine yemeye guhagarika intambara mu gihe cy’ukwezi itarwana  n’u Burusiya

Igihugu cy’u Burusiya cyemeje amakuru y’uko cyahagaritse intambara kitarwana n’u Burusiya mu gihe cy’iminsi 30 ku busabe bwa Amerika.


Byemejwe na Ministiri w’ububanyi n’amahanga wa Leta zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio, aho yatangaje ko Ukraine yemeye umushinga w’Amerika usaba ihagarikwa ry’intambara hagati y’Uburusiya na Ukraine mu gihe cy’iminsi 30.

Ati": Intumwa z'impande zombi zemeye gushyiraho amatsinda azihagarariye mu biganiro no gutangira ibiganiro aka kanya bigamije kugeza ku mahoro arambye aha Ukraine umutekano w'igihe kirekire."

Ibiganiro byahuzaga impande zombi byari bihujwe n’Arabiya Sawudite, I Jeddah. Uyu mukuru wa diplomasi y’Amerika yavuze ko agiye kujyana uwo mushinga ku Barusiya abasaba nabo kwemera guhagarika imirwano.

Amerika yahise itangaza ko nyuma y’ibyo biganiro yahise isubukuye inkunga ya gisirikari yahaga Ukraine. Yanavuze ko igiye kongera gusangiza Ukraine amakuru y’ubutasi.

Impande zombi  kandi zemeranyije ko zigiye gusubukura umugambi wo gushyira umukono ku masezerano aha Amerika uburenganzira bwo gucukura amabuye y’agaciro muri Ukraine.

 

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.