Mu Rwanda hatangiye inama ya EAPCCO

Mu Rwanda hatangiye inama ya EAPCCO

Apr 23, 2025 - 11:49
 0

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yafunguye ku mugaragaro inama y’Inzego za EAPCCO (Umuryango w’Abakuru ba Polisi bo mu Burasirazuba bwa Afurika) ibera ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda kiri ku Kacyiru.


Insanganyamatsiko y’iyo nama iragira iti “Gukomeza ubufatanye bw’inzego z’umutekano mu karere mu kurwanya iterabwoba, ibyaha mpuzamahanga biteguye neza n’ibikomeje kwiyongera.”

Iyi nama izibanda ku biganiro bijyanye no:

Gukomeza ubufatanye mu guhangana n’icuruzwa ry’abantu no kwinjira mu bihugu binyuranyije n’amategeko

Gushyigikira ibikorwa by’ubufatanye mu rwego rw’akarere

Guteza imbere ihuriro ry’abapolisi b’abagore ba EAPCCO

Muri iyo nama y’inzego za EAPCCO, Perezida ushinzwe guhuza ibikorwa by’akanama k’amahoro gahoraho, Col Aimable Mutagatifu, yahaye inshingano Jean Marie Twagirayezu, umusimbuye ku buyobozi.

Mu Rwanda hatangiye inama ya EAPCCO

Apr 23, 2025 - 11:49
 0
Mu Rwanda hatangiye inama ya EAPCCO

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yafunguye ku mugaragaro inama y’Inzego za EAPCCO (Umuryango w’Abakuru ba Polisi bo mu Burasirazuba bwa Afurika) ibera ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda kiri ku Kacyiru.


Insanganyamatsiko y’iyo nama iragira iti “Gukomeza ubufatanye bw’inzego z’umutekano mu karere mu kurwanya iterabwoba, ibyaha mpuzamahanga biteguye neza n’ibikomeje kwiyongera.”

Iyi nama izibanda ku biganiro bijyanye no:

Gukomeza ubufatanye mu guhangana n’icuruzwa ry’abantu no kwinjira mu bihugu binyuranyije n’amategeko

Gushyigikira ibikorwa by’ubufatanye mu rwego rw’akarere

Guteza imbere ihuriro ry’abapolisi b’abagore ba EAPCCO

Muri iyo nama y’inzego za EAPCCO, Perezida ushinzwe guhuza ibikorwa by’akanama k’amahoro gahoraho, Col Aimable Mutagatifu, yahaye inshingano Jean Marie Twagirayezu, umusimbuye ku buyobozi.

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.