
Malaria yibasiye abarenga ibibihumbi 83 mu kwezi kumwe
Ubushakashatsi bwakozwe mu Rwanda bugaragaza ko abarwayi ba Malaria biyongereye ku kigero cyo hejuru.
Imibare ya RBC yerekana ko muri Mutarama 2025, mu Rwanda hagaragaye abarwayi ba Malariya ibihumbi 83. Muri abo ibihumbi 70 ni abo mu turere 15 gusa, kw'isonga ni Gasabo na Kicukiro. Abagera kuri 285 barwaye Malariya y'igikato.
Dr. Mbituyumuremyi avuga ko hari gahunda yo kurushaho kwegereza abaturage imiti mishya ivura malariya.