issa
Kigali: Ifungwa rya Semuhungu ryatitije abatinganyi bashukisha urubyiruko amafaranga bakarusambanya

Kigali: Ifungwa rya Semuhungu ryatitije abatinganyi bashukisha urubyiruko amafaranga bakarusambanya

Apr 21, 2026 - 13:22
 0

Bamwe mu rubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali, bemeza ko itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric, ryateye ubwoba bwinshi mu baryamana bahuje ibitsina kubera ko benshi muri bo bakunze gushukisha urubyiruko amafaranga bakarusambanya.


Bamwe mu rubyiruko rutuye i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge baganiriye na UKWELITIMES, bemeza ko kuba Semuhungu Eric yarafunzwe byateye ubwoba bwinshi abatinganyi bakunze gus gusambanya urubyiruko.

Bemeza ko hari abaryamana bahuje ibitsina benshi bakunze gushukisha amafaranga urubyiruko rugira irari ry’iby’isi bakarusambanya ariko rukagira ipfunwe ryo kubivuga cyangwa kujya kubarega.

Berwa Ignace yagize ati “ Uzi uburyo bamaze kwangiza urubyiruko rwinshi, babahonga amafaranga bakabagurira ibintu byose baba bashaka ubundi bagakundana bikarangira barabagize nabo abatinganyi.”

Yakomeje agira ati " Batanga amafaranga menshi njye hari uwo nzi iyo aryamanye n'umuhungu mugenzi we ahita amuha ibihumbi 50 kandi urumva ko rero umuntu udafite akazi utanemera Imana atabasha kuyanga."

Uwase Zabibu we yagize ati “ Njye byaranshimishije cyane kuba baramufunze ahubwo bazadufashe bajye banafunga abandi uzi uburyo hano amapede amaze kuba menshi noneho asigaye yishakira utwana duto gusa.”

Yakomeje avuga ko abatinganyi benshi b’i Nyamirambo bafite ubwoba ko nabo abo bagiye bahohotera bashobora kuzabarega bikabaviramo gufungwa.

Ati “ Amapede afite ubwoba bwinshi, Njye ejo bundi hari ahantu twari turi gufatira agacupa numva umwe muri arababuriye ngo tugomba kwitonda kuko tuzubaye twaba nka Semuhungu abanzi bacu bamaze kuba benshi.”

Yangeyeho ko urubyiruko rwinshi rusambanywa n’abakundana bahuje ibitsina rukunze kugira ipfunwe ryo kubigaragaza.

Ati “ Bangiza benshi ahubwo n’uko abo baba bahohoteye benshi bajya batinya kujya kubarega, na buriya sinzi uburyo bariya bareze Semuhungu babitinyutse.”

Uwitwa Habimana Olivier, nawe yabwiye UKWELITIMES, ko hari umutinganyi wari ugiye kumufata ku ngufu ariko amubera ibamba.

Ati “ Njye twaramenyanye ngira ngo n,ibisanzwe kubera ko yahoraga ambwira ngo arankunda nzamusure umunsi umwe ndebe iwe nyuma nibwo namusuye nshiduka ansomye antunguye ariko twari twicanye mubwira ko yanyibeshyeho.”

Yakomeje avuga ko ako kanya yahise asohoka mu nzu y'uw mutinganyi ahita amusaba kutazongera kumuhamagara.

Ati “ Mbere yo gusohoka namubwiye ko ngiyekumurega ansaba imbabazi ampa amafaranga ibihumbi 20 nanjye ndavuga ngo sinayasiga mpita ngenda uko.”

Kigali: Ifungwa rya Semuhungu ryatitije abatinganyi bashukisha urubyiruko amafaranga bakarusambanya

Apr 21, 2026 - 13:22
Apr 21, 2026 - 13:39
 0
Kigali: Ifungwa rya Semuhungu ryatitije abatinganyi bashukisha urubyiruko amafaranga bakarusambanya

Bamwe mu rubyiruko rwo mu Mujyi wa Kigali, bemeza ko itabwa muri yombi rya Semuhungu Eric, ryateye ubwoba bwinshi mu baryamana bahuje ibitsina kubera ko benshi muri bo bakunze gushukisha urubyiruko amafaranga bakarusambanya.


Bamwe mu rubyiruko rutuye i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge baganiriye na UKWELITIMES, bemeza ko kuba Semuhungu Eric yarafunzwe byateye ubwoba bwinshi abatinganyi bakunze gus gusambanya urubyiruko.

Bemeza ko hari abaryamana bahuje ibitsina benshi bakunze gushukisha amafaranga urubyiruko rugira irari ry’iby’isi bakarusambanya ariko rukagira ipfunwe ryo kubivuga cyangwa kujya kubarega.

Berwa Ignace yagize ati “ Uzi uburyo bamaze kwangiza urubyiruko rwinshi, babahonga amafaranga bakabagurira ibintu byose baba bashaka ubundi bagakundana bikarangira barabagize nabo abatinganyi.”

Yakomeje agira ati " Batanga amafaranga menshi njye hari uwo nzi iyo aryamanye n'umuhungu mugenzi we ahita amuha ibihumbi 50 kandi urumva ko rero umuntu udafite akazi utanemera Imana atabasha kuyanga."

Uwase Zabibu we yagize ati “ Njye byaranshimishije cyane kuba baramufunze ahubwo bazadufashe bajye banafunga abandi uzi uburyo hano amapede amaze kuba menshi noneho asigaye yishakira utwana duto gusa.”

Yakomeje avuga ko abatinganyi benshi b’i Nyamirambo bafite ubwoba ko nabo abo bagiye bahohotera bashobora kuzabarega bikabaviramo gufungwa.

Ati “ Amapede afite ubwoba bwinshi, Njye ejo bundi hari ahantu twari turi gufatira agacupa numva umwe muri arababuriye ngo tugomba kwitonda kuko tuzubaye twaba nka Semuhungu abanzi bacu bamaze kuba benshi.”

Yangeyeho ko urubyiruko rwinshi rusambanywa n’abakundana bahuje ibitsina rukunze kugira ipfunwe ryo kubigaragaza.

Ati “ Bangiza benshi ahubwo n’uko abo baba bahohoteye benshi bajya batinya kujya kubarega, na buriya sinzi uburyo bariya bareze Semuhungu babitinyutse.”

Uwitwa Habimana Olivier, nawe yabwiye UKWELITIMES, ko hari umutinganyi wari ugiye kumufata ku ngufu ariko amubera ibamba.

Ati “ Njye twaramenyanye ngira ngo n,ibisanzwe kubera ko yahoraga ambwira ngo arankunda nzamusure umunsi umwe ndebe iwe nyuma nibwo namusuye nshiduka ansomye antunguye ariko twari twicanye mubwira ko yanyibeshyeho.”

Yakomeje avuga ko ako kanya yahise asohoka mu nzu y'uw mutinganyi ahita amusaba kutazongera kumuhamagara.

Ati “ Mbere yo gusohoka namubwiye ko ngiyekumurega ansaba imbabazi ampa amafaranga ibihumbi 20 nanjye ndavuga ngo sinayasiga mpita ngenda uko.”