issa
Kigali: Abafite Lodge n'utubari barashinjwa kugurisha Inkumi zibakorera

Kigali: Abafite Lodge n'utubari barashinjwa kugurisha Inkumi zibakorera

Feb 2, 2026 - 20:12
 0

Bamwe mu nkumi zikora mu malodge n'utubari dutandukanye two mu Mujyi wa Kigali , barashinja abakoresha babo gusambana n'abakiriya babo aho ku bahemba kugira ngo bagire icyo batahana.


Bamwe mu baganiriye na UKWELITIMES, bemeza ko ibi bituma bishora mu buraya.

Bamwe mu bakora mu tubari dutandukanye two mu Mujyi wa Kigali, babwiye UKWELITIMES, ko hari bagenzi babo benshi basigaye bishora mu buraya kubera kudahembwa n'abakoresha babo.

Bemeza ko hari ba nyir'utubari n'amalodge basigaye bashishikariza abakobwa bakoresha gusambana n'abakiriya babagannye aho kubahemba aho kubahemba.

Bemeza ko bamwe muri bo basigaye basamban n'abakiriya babo kugira ngo babone ibyo batahana.

Umwe yagize ati "Ntitugihebwa ubu wangu, ubu umuntu asigaye asambana n'abakiriya abo bagabo bakabo ari bo bamwishyura."

Undi yagize ati " Aba bosi benshi ntibagihembwa mu tubari pe, ahubwo wowe wakira nk'umugabo wakwakiriye mwabisoza ukarangizana n'uwo mu bosi."

Undi yagize ati " Uzajye hariya ku kabari Kari hari mu Murenge wa Gitega rebe, uzi ko urakora ntuhembwe ahubwo umugabo yaza mwasambana ahubwo ukaba ari wowe umwishyura kuko lodge aba yayiguhereye Ubuntu."

UKWELITIMES yahamagaye kuri telefone inzego zirebana n'iki kibazo ariko ntizabasha kwitaba kugira ngo zigire icyo zikibavugaho.

Kigali: Abafite Lodge n'utubari barashinjwa kugurisha Inkumi zibakorera

Feb 2, 2026 - 20:12
 0
Kigali: Abafite Lodge n'utubari barashinjwa kugurisha Inkumi zibakorera

Bamwe mu nkumi zikora mu malodge n'utubari dutandukanye two mu Mujyi wa Kigali , barashinja abakoresha babo gusambana n'abakiriya babo aho ku bahemba kugira ngo bagire icyo batahana.


Bamwe mu baganiriye na UKWELITIMES, bemeza ko ibi bituma bishora mu buraya.

Bamwe mu bakora mu tubari dutandukanye two mu Mujyi wa Kigali, babwiye UKWELITIMES, ko hari bagenzi babo benshi basigaye bishora mu buraya kubera kudahembwa n'abakoresha babo.

Bemeza ko hari ba nyir'utubari n'amalodge basigaye bashishikariza abakobwa bakoresha gusambana n'abakiriya babagannye aho kubahemba aho kubahemba.

Bemeza ko bamwe muri bo basigaye basamban n'abakiriya babo kugira ngo babone ibyo batahana.

Umwe yagize ati "Ntitugihebwa ubu wangu, ubu umuntu asigaye asambana n'abakiriya abo bagabo bakabo ari bo bamwishyura."

Undi yagize ati " Aba bosi benshi ntibagihembwa mu tubari pe, ahubwo wowe wakira nk'umugabo wakwakiriye mwabisoza ukarangizana n'uwo mu bosi."

Undi yagize ati " Uzajye hariya ku kabari Kari hari mu Murenge wa Gitega rebe, uzi ko urakora ntuhembwe ahubwo umugabo yaza mwasambana ahubwo ukaba ari wowe umwishyura kuko lodge aba yayiguhereye Ubuntu."

UKWELITIMES yahamagaye kuri telefone inzego zirebana n'iki kibazo ariko ntizabasha kwitaba kugira ngo zigire icyo zikibavugaho.