Kenya: Urwego rw'iperereza rwanzuye ko Gachagua wabaye Visi Perezida  atazahabwa uburinzi bwihariye

Kenya: Urwego rw'iperereza rwanzuye ko Gachagua wabaye Visi Perezida atazahabwa uburinzi bwihariye

Apr 20, 2025 - 14:39
 0

Urwego rushinzwe iperereza ku byaha (DCI) muri Kenya,  rwatangaje ko uwahoze ari Visi Perezida, Rigathi Gachagua, adakwiye kwitega ko polisi izamucungira umutekano mu buryo budasanzwe.


Hashize iminsi Gachagua, avuze ko mu gihe Polisi yaba itamusubije abarinzi yari yarahawe , Kenya igomba kwitega akavuyo karenze akabayeho muri iki gihugu.

Yavuze ko ubuzima bwe kuri ubu busigaye buri mu kaga kuko kuva Polisi yamwaka abarinzi be udutsiko dutandukanye acyeka ko ari ubw'abagizi ba nabi dusigaye tumugendaho ndetse tukanagota ingo ze zose.

Umuyobozi w’uru rwego Mohammed Amin, yabwiye Gachagua ko nta barinzi azahabwa, ahubwo ngo mu gihe yaba yikanze umutekano mucye akwiye  kumenyesha Polisi imwegereye

 

 

 

Kenya: Urwego rw'iperereza rwanzuye ko Gachagua wabaye Visi Perezida atazahabwa uburinzi bwihariye

Apr 20, 2025 - 14:39
Apr 20, 2025 - 14:44
 0
Kenya: Urwego rw'iperereza rwanzuye ko Gachagua wabaye Visi Perezida  atazahabwa uburinzi bwihariye

Urwego rushinzwe iperereza ku byaha (DCI) muri Kenya,  rwatangaje ko uwahoze ari Visi Perezida, Rigathi Gachagua, adakwiye kwitega ko polisi izamucungira umutekano mu buryo budasanzwe.


Hashize iminsi Gachagua, avuze ko mu gihe Polisi yaba itamusubije abarinzi yari yarahawe , Kenya igomba kwitega akavuyo karenze akabayeho muri iki gihugu.

Yavuze ko ubuzima bwe kuri ubu busigaye buri mu kaga kuko kuva Polisi yamwaka abarinzi be udutsiko dutandukanye acyeka ko ari ubw'abagizi ba nabi dusigaye tumugendaho ndetse tukanagota ingo ze zose.

Umuyobozi w’uru rwego Mohammed Amin, yabwiye Gachagua ko nta barinzi azahabwa, ahubwo ngo mu gihe yaba yikanze umutekano mucye akwiye  kumenyesha Polisi imwegereye

 

 

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.