issa
Iran :  Hangijwe ibifite agaciro ka miliyari 270$

Iran : Hangijwe ibifite agaciro ka miliyari 270$

Apr 16, 2026 - 09:31
 0

Mu gihe ibiganiro bihuza Iran na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika bikomeje kuba agatereranzamba, hakomeje kurebwa ibyangijwe n'intambara kugirango hamenyekane indishyi zizahabwa icyo gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati.


Igitangazamakuru kitwa Tasnmin News Agency cyashinzwe n’umutwe udasanzwe w’igisirikare gishinzwe kurinda ubusugire bw’igihugu cyatangaje ko ibarura rimaze gukorwa ryerekanye ko nibura ibyangijwe mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel hangiritse ibifite agaciro ka miliyari 270$.

Kugeza ubu i Tehran mu murwa mukuru hasenyutse inzu zisaga 39,585.

Intambara yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Israel yashoye Amerika mu ntambara bitewe n’uko ishaka guca integer ubushobozi bwa Iran bwo gutunganya ibitwaro kirimbuzi.

Iran : Hangijwe ibifite agaciro ka miliyari 270$

Apr 16, 2026 - 09:31
Apr 16, 2026 - 09:42
 0
Iran :  Hangijwe ibifite agaciro ka miliyari 270$

Mu gihe ibiganiro bihuza Iran na Leta Zunze Ubumwe z'Amerika bikomeje kuba agatereranzamba, hakomeje kurebwa ibyangijwe n'intambara kugirango hamenyekane indishyi zizahabwa icyo gihugu cyo mu Burasirazuba bwo hagati.


Igitangazamakuru kitwa Tasnmin News Agency cyashinzwe n’umutwe udasanzwe w’igisirikare gishinzwe kurinda ubusugire bw’igihugu cyatangaje ko ibarura rimaze gukorwa ryerekanye ko nibura ibyangijwe mu ntambara icyo gihugu gihanganyemo na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Israel hangiritse ibifite agaciro ka miliyari 270$.

Kugeza ubu i Tehran mu murwa mukuru hasenyutse inzu zisaga 39,585.

Intambara yatangiye ku wa 28 Gashyantare 2026. Israel yashoye Amerika mu ntambara bitewe n’uko ishaka guca integer ubushobozi bwa Iran bwo gutunganya ibitwaro kirimbuzi.