Babo na Ariel Wayz bafungiye I Remera
Ariel Wayz na Babo Ekeight barapimwe babasangamo ibiyobyabwenge.
Abahanzi Babo Ekeight na Ariel Wayz bafashwe bafungiye muri kasho y'i Remera.
Amakuru Umuvugizi wa Polisi y'u Rwanda ACP Bonifase Rutikanga yabwiye The New Times ko bafashwe barenze ku mabwiriza ariko babafashe ibipimo basanga bakoresha ibiyobyabwenge.
Nta makuru yisumbuye yatanzwe ariko bafashwe nyuma y'umunsi wo kwita izina abana b'ingagi dore ko Ariel Wayz yari yaririmbye muri ibyo birori.


Kinyarwanda
English
Swahili









