issa
Vybz Kartel azahurira ku rubyiniro na Elijah Kitaka na Element Eleéeh

Vybz Kartel azahurira ku rubyiniro na Elijah Kitaka na Element Eleéeh

Mar 4, 2026 - 09:54
 0

Abahanzi bo muri Uganda bazataramana na Vybz Kartel muri Uganda barimo Elijah Kitaka na Element Eleéeh wo mu Rwanda.


Vybz Kartel uri mu bahanzi beza ku isi mu njyana ya Dancehall yatangajwe nk’umuhanzi uzaba ayoboye ibitaramo byitwa’Talanta East Afrika Festival’. Vybz Kartel wo muri Jamaica azataramira muri Uganda ku wa 01 Gicurasi 2026 kuri Lugogo Cricket Oval I Kampala. Ku ya 02 Gicurasi 2026 azataramira muri Bk Arena, I Kigali mu Rwanda, noneho ku wa 08 Gicurasi 2026 azataramira I Nairobi muri Kenya ahitwa Laureate Gardens.

Abateguye icyo gitaramo, ku wa 03 Werurwe 2026 babwiye itangazamakuru ko bagamije guhuza umuziki wo mu karere no ku ruhando mpuzamahanga. Abahanzi bo muri Uganda bazataramana na Vybz Kartel muri Uganda barimo Elijah Kitaka na Element Eleéeh wo mu Rwanda. Mayanja Jackson,uri mu bategura icyo gitaramo yabwiye itangazamakuru ko atari gahunda y’umwaka umwe dore ko ari ibitaramo bizajya biba buri mwaka, mu rwego rwo kwereka isi ko mu karere hari abahanzi.

Vybz Kartel azahurira ku rubyiniro na Elijah Kitaka na Element Eleéeh

Mar 4, 2026 - 09:54
 0
Vybz Kartel azahurira ku rubyiniro na Elijah Kitaka na Element Eleéeh

Abahanzi bo muri Uganda bazataramana na Vybz Kartel muri Uganda barimo Elijah Kitaka na Element Eleéeh wo mu Rwanda.


Vybz Kartel uri mu bahanzi beza ku isi mu njyana ya Dancehall yatangajwe nk’umuhanzi uzaba ayoboye ibitaramo byitwa’Talanta East Afrika Festival’. Vybz Kartel wo muri Jamaica azataramira muri Uganda ku wa 01 Gicurasi 2026 kuri Lugogo Cricket Oval I Kampala. Ku ya 02 Gicurasi 2026 azataramira muri Bk Arena, I Kigali mu Rwanda, noneho ku wa 08 Gicurasi 2026 azataramira I Nairobi muri Kenya ahitwa Laureate Gardens.

Abateguye icyo gitaramo, ku wa 03 Werurwe 2026 babwiye itangazamakuru ko bagamije guhuza umuziki wo mu karere no ku ruhando mpuzamahanga. Abahanzi bo muri Uganda bazataramana na Vybz Kartel muri Uganda barimo Elijah Kitaka na Element Eleéeh wo mu Rwanda. Mayanja Jackson,uri mu bategura icyo gitaramo yabwiye itangazamakuru ko atari gahunda y’umwaka umwe dore ko ari ibitaramo bizajya biba buri mwaka, mu rwego rwo kwereka isi ko mu karere hari abahanzi.