Riek Machar yahishuye ko yamaze imyaka irindwi afungiwe iwe mu ruko kandi ari Visi Perezida

Riek Machar yahishuye ko yamaze imyaka irindwi afungiwe iwe mu ruko kandi ari Visi Perezida

Mar 16, 2025 - 18:07
 0

Visi Perezida wa mbere wa Sudani y'Amajyepfo, Riek Machar, yatangaje ko amaze imyaka irindwi afungiye  iwe mu rugo n’ubwo afite umwanya ukomeye muri guverinoma.


Machar yavuze ko benshi bashobora kuba batabizi, ariko ngo  birashoboka ko ari visi perezida wa mbere ku isi umaze imyaka irindwi afungiye mu rugo kandi n'ubu bikaba bigikomeje."

Avuze ibi  mu gihe ibitero bya politiki ndetse n’amakimbirane  akomeje kwiyongera muri Sudan y’Epfo.Umuryango w'abibumbye wamaganye ibyo bitero ubifata nk'ibyaha  by’intambara ndetse usaba ko byahagarara.

Hagati aho, Uganda  iherutse gutangaza  ku mugaragaro ko Inteko Ishinga Amategeko ya NRM yemeje ko UPDF yoherezwa muri Sudani y'Amajyepfo, mu gushyigikira Salva Kiir.

Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko igikorwa icyo ari cyo cyose cyo kurwanya Kiir kizafatwa nk'itangazo ry'intambara yo kurwanya Uganda.

 Hagataho Machar akomeje gutsimbarara ko  urugamba rwe rwa politiki ruzakomeza nubwo yatsindwa.

Srce: Chimpreports

 

 

Riek Machar yahishuye ko yamaze imyaka irindwi afungiwe iwe mu ruko kandi ari Visi Perezida

Mar 16, 2025 - 18:07
Mar 16, 2025 - 19:29
 0
Riek Machar yahishuye ko yamaze imyaka irindwi afungiwe iwe mu ruko kandi ari Visi Perezida

Visi Perezida wa mbere wa Sudani y'Amajyepfo, Riek Machar, yatangaje ko amaze imyaka irindwi afungiye  iwe mu rugo n’ubwo afite umwanya ukomeye muri guverinoma.


Machar yavuze ko benshi bashobora kuba batabizi, ariko ngo  birashoboka ko ari visi perezida wa mbere ku isi umaze imyaka irindwi afungiye mu rugo kandi n'ubu bikaba bigikomeje."

Avuze ibi  mu gihe ibitero bya politiki ndetse n’amakimbirane  akomeje kwiyongera muri Sudan y’Epfo.Umuryango w'abibumbye wamaganye ibyo bitero ubifata nk'ibyaha  by’intambara ndetse usaba ko byahagarara.

Hagati aho, Uganda  iherutse gutangaza  ku mugaragaro ko Inteko Ishinga Amategeko ya NRM yemeje ko UPDF yoherezwa muri Sudani y'Amajyepfo, mu gushyigikira Salva Kiir.

Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yemeje ko igikorwa icyo ari cyo cyose cyo kurwanya Kiir kizafatwa nk'itangazo ry'intambara yo kurwanya Uganda.

 Hagataho Machar akomeje gutsimbarara ko  urugamba rwe rwa politiki ruzakomeza nubwo yatsindwa.

Srce: Chimpreports

 

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.