Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Umaro Sissoco Embaló   wa Gunea- Bisau

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Umaro Sissoco Embaló wa Gunea- Bisau

Apr 29, 2025 - 08:06
 0

Kuri uyu wa mbere taliki 28 Mata 2025, Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, muri Village Aba bayobozi bombi bagiranye ibiganiro byibanze ku bibazo byugarije Afurika n'Isi muri rusange ndetse n'uko ibihugu byombi byanoza imikoranire mu nzego zitandukanye.


Perezida Embaló  yaherukaga mu Rwanda muri Nyakanga 2024, ubwo Umukuru w'Igihugu Perezida Kagame yarahiriraga kuyobora indi manda.

Mu 2023, Perezida Kagame yari yagiriye uruzinduko muri Gunea-Bissau , ndetse yambikwa umudali w'icyubahiro  ku bw'ibikorwa byiza yakoreye Abanyarwanda na Afurika muri rusange ndetse no kuba ari inshuti y'iki gihugu.

U Rwanda na Gunea- Bisaya, ni ibihugu bisanzwe bifitanye umubano ushingiye ku ngeri nyinshi zitandukanye. 

Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Umaro Sissoco Embaló wa Gunea- Bisau

Apr 29, 2025 - 08:06
Apr 29, 2025 - 08:10
 0
Perezida Kagame yakiriye mugenzi we Umaro Sissoco Embaló   wa Gunea- Bisau

Kuri uyu wa mbere taliki 28 Mata 2025, Perezida Kagame yakiriye mugenzi we wa Guinea-Bissau, Umaro Sissoco Embaló, muri Village Aba bayobozi bombi bagiranye ibiganiro byibanze ku bibazo byugarije Afurika n'Isi muri rusange ndetse n'uko ibihugu byombi byanoza imikoranire mu nzego zitandukanye.


Perezida Embaló  yaherukaga mu Rwanda muri Nyakanga 2024, ubwo Umukuru w'Igihugu Perezida Kagame yarahiriraga kuyobora indi manda.

Mu 2023, Perezida Kagame yari yagiriye uruzinduko muri Gunea-Bissau , ndetse yambikwa umudali w'icyubahiro  ku bw'ibikorwa byiza yakoreye Abanyarwanda na Afurika muri rusange ndetse no kuba ari inshuti y'iki gihugu.

U Rwanda na Gunea- Bisaya, ni ibihugu bisanzwe bifitanye umubano ushingiye ku ngeri nyinshi zitandukanye. 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.