Mu Rwanda indwara zititaweho ni 9, muri 21 mpuzamahanga

Mu Rwanda indwara zititaweho ni 9, muri 21 mpuzamahanga

Jan 24, 2025 - 14:53
 0

Umugabane wa Afurika nkuko bigarazwa n’Abahanga bagaragaje ukomeje kugaruzwa n’indwara zititaweho uko bikwiye bitewe n’ibibazo by’ubukene, n’isuku nke, ibura ry’amazi, ibibazo by’imirire mibi n’ibindi.


Ni indwara zirimo izifata amaso, uruhu, inzoka zo mu nda n’izindi nyinshi zishobora kwirindwa ndetse no kuvurwa.

Ni ibyatangajwe mu gihe i Kigali hateraniye inama y’iminsi itatu yiga ku bushakashatsi bukorwa muri Afurika ku ndwara zititaweho, NTDs.

Inzego zishinzwe ubuzima zigaragaza ko mu Rwanda indwara zititaweho uko bikwiye ari 9, mu gihe ku rwego mpuzamahanga izi ndwara ari 21.

U Rwanda rwihaye intego y’uko mu 2030, indwara zititaweho zizaba zaranduwe.

Kugeza ubu, ku Isi hari abantu barenga miliyari 1,2 barwaye indwara zititaweho uko bikwiye, aho umubare munini wabo ugaragara ku Mugabane wa Afurika.

Mu Rwanda indwara zititaweho ni 9, muri 21 mpuzamahanga

Jan 24, 2025 - 14:53
 0
Mu Rwanda indwara zititaweho ni 9, muri 21 mpuzamahanga

Umugabane wa Afurika nkuko bigarazwa n’Abahanga bagaragaje ukomeje kugaruzwa n’indwara zititaweho uko bikwiye bitewe n’ibibazo by’ubukene, n’isuku nke, ibura ry’amazi, ibibazo by’imirire mibi n’ibindi.


Ni indwara zirimo izifata amaso, uruhu, inzoka zo mu nda n’izindi nyinshi zishobora kwirindwa ndetse no kuvurwa.

Ni ibyatangajwe mu gihe i Kigali hateraniye inama y’iminsi itatu yiga ku bushakashatsi bukorwa muri Afurika ku ndwara zititaweho, NTDs.

Inzego zishinzwe ubuzima zigaragaza ko mu Rwanda indwara zititaweho uko bikwiye ari 9, mu gihe ku rwego mpuzamahanga izi ndwara ari 21.

U Rwanda rwihaye intego y’uko mu 2030, indwara zititaweho zizaba zaranduwe.

Kugeza ubu, ku Isi hari abantu barenga miliyari 1,2 barwaye indwara zititaweho uko bikwiye, aho umubare munini wabo ugaragara ku Mugabane wa Afurika.

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.