Ifaranga ry'u Burundi rikomeje guta agaciro ku isoko mpuzamahanga no mu karere

Ifaranga ry'u Burundi rikomeje guta agaciro ku isoko mpuzamahanga no mu karere

Mar 5, 2025 - 16:00
 0

Ifaranga ry'u Burundi rikomeje gutakaza agaciro aho rikomeje kugwa  cyane ugereranije n'amafaranga mpuzamahanga ndetse n'ay'ibihugu by’ibituranyi.


Kugeza ubu, idolari y’Amerika ririmo kuvunja amafaranga arenga 7,000 y’u Burundi (BUF) ku isoko , mu gihe ifaranga ry’akarere ryo ngo rifite agaciro, kikubye kabiri amafaranga y’u Burundi.

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 4 Werurwe, mu biro by’ivunjisha bitandukanye mu Burundi ishilingi  ryo muri Tanzania  rigurishwa  2FBU, amashiringi yo muri Uganda akagurishwa 3  naho iry’u Rwanda rigurishwa 5.15.

Uku guta agaciro kwifaranga ry’u Burundi ngo usanga rigira ingaruka zitaziguye mubukungu bw'igihugu bikanatera izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga, ikindi kandi bigatuma ikiguzi cyo kubaho kigenda  cyiyongera ku baturage b’Uburundi.

Kuzamuka kw'ibikomoka kuri Peteroli nabyo bikomeje gutuma ikibazo cy'inzara mu Burundi aho usanga ibinyabiziga bimwe biba byibera mu ngo aho kujyanwa mu mirimo itandukanye.

Source: RPA

 

Ifaranga ry'u Burundi rikomeje guta agaciro ku isoko mpuzamahanga no mu karere

Mar 5, 2025 - 16:00
 0
Ifaranga ry'u Burundi rikomeje guta agaciro ku isoko mpuzamahanga no mu karere

Ifaranga ry'u Burundi rikomeje gutakaza agaciro aho rikomeje kugwa  cyane ugereranije n'amafaranga mpuzamahanga ndetse n'ay'ibihugu by’ibituranyi.


Kugeza ubu, idolari y’Amerika ririmo kuvunja amafaranga arenga 7,000 y’u Burundi (BUF) ku isoko , mu gihe ifaranga ry’akarere ryo ngo rifite agaciro, kikubye kabiri amafaranga y’u Burundi.

Kuri uyu wa kabiri, tariki ya 4 Werurwe, mu biro by’ivunjisha bitandukanye mu Burundi ishilingi  ryo muri Tanzania  rigurishwa  2FBU, amashiringi yo muri Uganda akagurishwa 3  naho iry’u Rwanda rigurishwa 5.15.

Uku guta agaciro kwifaranga ry’u Burundi ngo usanga rigira ingaruka zitaziguye mubukungu bw'igihugu bikanatera izamuka ry’ibiciro by’ibicuruzwa bitumizwa mu mahanga, ikindi kandi bigatuma ikiguzi cyo kubaho kigenda  cyiyongera ku baturage b’Uburundi.

Kuzamuka kw'ibikomoka kuri Peteroli nabyo bikomeje gutuma ikibazo cy'inzara mu Burundi aho usanga ibinyabiziga bimwe biba byibera mu ngo aho kujyanwa mu mirimo itandukanye.

Source: RPA

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.