Amb. Munyangaju yashyikirije umwami Prince Guillaume impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Luxembourg

Amb. Munyangaju yashyikirije umwami Prince Guillaume impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Luxembourg

Mar 21, 2025 - 12:46
 0

Ku wa Kane taliki 20 Werurwe 2025, nibwo Ambasaderi Aurore Munyangaju wahoze ari Minisitiri wa Siporo yashyikirije umwami Prince Guillaume impapuro zimuhesha guhagararira u Rwanda muri Luxembourg.


Kuba u Rwanda rufunguye Ambasade nshya muri Luxembourg, byitezweho ko bizafasha  kuzamura ubukungu, imigenderanire ndetse na Dipolomasi  hagati y’ibihugu byombi.

Ambasaderi Mimosa yahawe izi nshingano tariki 18 Ukwakira 2024, nyuma y’imwe mu myanzuro  y’Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, muri Village Urugwiro.

Muri Kamena 2024, ibihugu by’u Rwanda na Luxembourg byasinye amasezerano y’ubufatanye agamije iterambere, mu by’ikoranabuhanga no mu by’imari .

 

Amb. Munyangaju yashyikirije umwami Prince Guillaume impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Luxembourg

Mar 21, 2025 - 12:46
 0
Amb. Munyangaju yashyikirije umwami Prince Guillaume impapuro zimwemerera guhagararira u Rwanda muri Luxembourg

Ku wa Kane taliki 20 Werurwe 2025, nibwo Ambasaderi Aurore Munyangaju wahoze ari Minisitiri wa Siporo yashyikirije umwami Prince Guillaume impapuro zimuhesha guhagararira u Rwanda muri Luxembourg.


Kuba u Rwanda rufunguye Ambasade nshya muri Luxembourg, byitezweho ko bizafasha  kuzamura ubukungu, imigenderanire ndetse na Dipolomasi  hagati y’ibihugu byombi.

Ambasaderi Mimosa yahawe izi nshingano tariki 18 Ukwakira 2024, nyuma y’imwe mu myanzuro  y’Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, muri Village Urugwiro.

Muri Kamena 2024, ibihugu by’u Rwanda na Luxembourg byasinye amasezerano y’ubufatanye agamije iterambere, mu by’ikoranabuhanga no mu by’imari .

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.