Abo kwa Bad Rama bamuciye mu muryango
Safi Eric,murumuna wa Bad Rama yahishuye ko mu muryango bamaze kumuca ndetse biteguye kumurwanya.
Nyuma y'uko Bad Rama atangaje amakuru y'ibuhuha agamije guteza imvururu mu rubanda ndetse akanangisha ubutegetsi buriho abaturage, abo bonse ibere rimwe biyemeje kumurwanya no kumutamaza
Safi Eric,murumuna wa Bad Rama yahishuye ko mu muryango bamaze kumuca ndetse biteguye kumurwanya.
Safi Eric yasobanuye ko ibyatangajwe na mukuru we ari ibinyoma kuko afite ubumenyi bugerwa ku
Safi Eric wanabanye na mukuru we muri The Mane Music Label yahishuye ko bari basanzwe bazi ko Bad Rama afite imiterere iciriritse.
Safi Eric yavuze ko Bad Rama yubahutse umukuru w'igihugu kandi ko ari ibintu bigomba kwamagana na buri wese ukoresha imbuga nkoranyambaga.


Kinyarwanda
English
Swahili









