issa
Intambara yo muri Ukraine igeze ku munsi w’1464

Intambara yo muri Ukraine igeze ku munsi w’1464

Feb 27, 2026 - 12:00
 0

Amakimbirane yo muri Ukraine yatangiye mu 2014 ubwo Uburusiya bwomekaga umwigimbakirwa wa Crimea noneho perezida Viktor Yanukovych wariho icyo gihe ahunga igihugu muri Gashyantare ya 2014. Muri rusange Perezida Vladimir Putin yavuze ko agiye kurinda abavuga Ikirusiya n’Abarusiye bari muri uriya mwigimbakirwa.


Intambara yo muri Ukraine yatangiye ku wa 24 Gashyanatare 2022. Uyu munsi ku itariki 27 Gashyantare 2026 hashize iminsi 1464. Uburusiya bumaze gutera ibitero 720 ku hantu 31. Imyaka ine irashize Uburusiya bwigaruriye 20% y’Ubutaka bwa Ukraine. Nibura ni ubuso bungana n’ibirometerokare 5000.

Amahanga yakomeje kuba hafi Ukraine ku buryo Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika zimaze gutanga inkunga ya miliyali 188 ariko kandi Ubumwe bw’Uburayi bwatanze miliyali 197. Indege z’intambara zimaze guhitana abasaga 56,000. Ni mu gihe miliyoni 3.7 bavuye mu byabo imbere mu gihugu. Ariko kandi miliyoni 5.9 zabaye impunzi. Ku rundi ruhande ariko miliyoni 10.8 bakeneye ubutabazi bw’ibiribwa.

 

Amakimbirane yo muri Ukraine yatangiye mu 2014 ubwo Uburusiya bwomekaga umwigimbakirwa wa Crimea noneho perezida Viktor Yanukovych wariho icyo gihe ahunga igihugu muri Gashyantare ya 2014. Muri rusange Perezida Vladimir Putin yavuze ko agiye kurinda abavuga Ikirusiya n’Abarusiye bari muri uriya mwigimbakirwa.

Intambara yo muri Ukraine igeze ku munsi w’1464

Feb 27, 2026 - 12:00
 0
Intambara yo muri Ukraine igeze ku munsi w’1464

Amakimbirane yo muri Ukraine yatangiye mu 2014 ubwo Uburusiya bwomekaga umwigimbakirwa wa Crimea noneho perezida Viktor Yanukovych wariho icyo gihe ahunga igihugu muri Gashyantare ya 2014. Muri rusange Perezida Vladimir Putin yavuze ko agiye kurinda abavuga Ikirusiya n’Abarusiye bari muri uriya mwigimbakirwa.


Intambara yo muri Ukraine yatangiye ku wa 24 Gashyanatare 2022. Uyu munsi ku itariki 27 Gashyantare 2026 hashize iminsi 1464. Uburusiya bumaze gutera ibitero 720 ku hantu 31. Imyaka ine irashize Uburusiya bwigaruriye 20% y’Ubutaka bwa Ukraine. Nibura ni ubuso bungana n’ibirometerokare 5000.

Amahanga yakomeje kuba hafi Ukraine ku buryo Leta Zunze Ubumwe Z’Amerika zimaze gutanga inkunga ya miliyali 188 ariko kandi Ubumwe bw’Uburayi bwatanze miliyali 197. Indege z’intambara zimaze guhitana abasaga 56,000. Ni mu gihe miliyoni 3.7 bavuye mu byabo imbere mu gihugu. Ariko kandi miliyoni 5.9 zabaye impunzi. Ku rundi ruhande ariko miliyoni 10.8 bakeneye ubutabazi bw’ibiribwa.

 

Amakimbirane yo muri Ukraine yatangiye mu 2014 ubwo Uburusiya bwomekaga umwigimbakirwa wa Crimea noneho perezida Viktor Yanukovych wariho icyo gihe ahunga igihugu muri Gashyantare ya 2014. Muri rusange Perezida Vladimir Putin yavuze ko agiye kurinda abavuga Ikirusiya n’Abarusiye bari muri uriya mwigimbakirwa.