Nicolás Maduro n'umugore bahakanye ibyaha
Ku wa 06 Mutarama 2026 Urukiko rw'i New York rwaburanishije Nicolas Maduro n'umugore we ku byaha byo gukoresha ibiyobyabwenge.
Mu rukiko rw'i New York, Nicolás Maduro wahoze ari Perezida wa Venezuela wakuwe ku butegetsi na Amerika n'umugore we bahakanye ibyaba bakurikiranweho bishingiye ku bucuruzi bw'ibiyobyabwenge. Maduro yagize ati: "Ndarengana. Ibyo byaha ndabihakana. Ndi umugabo wiyubashye kandi ndacyari Perezida wa Venezuela".
Ku rundi ruhande ariko umugore we Cilia Flores. Flores yunze mu rye agira ati: "Ndi 'first lady' wa Venezuela…Ndarengana byuzuye"
Hari uwafatiwe mu mwobo!Uko Amerika ishimuta aba Perezida mu kinyoma cy'ibiyobyabwenge


Kinyarwanda
English
Swahili









