Rulindo: Umugeni wari ugiye gusezerana yapfiriye mu mpanuka y’imodoka
Amakuru avuga ko iyi mpanuka yabereye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Rulindo, ahitwa Rukore kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Gashyantare 2026, ubwo uyu mukobwa yari agiye gusezerana mu Kiliziya kuri Paroisse ya Rulindo.
Bivugwa ko y’imodoka yakoze iyi mpanuka yari irimo (umugeni umukobwa) na bamwe mu bo mu muryango avukamo.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Tumba, Dusabe Allen nta byinshi yavuze kuri iyi mpanuka, ariko yabwiye UMUSEKE ko aya makuru bamenye ndetse umugeni yahise apfa.
Nyakwigendera ubwo yari ari kumwe n'umusore bari bagiye kubana


Kinyarwanda
English
Swahili









