Trump yabajijwe niba azababarira P Diddy,abo muri Nigeria batewe agahinda n’imibare itinjiza nko muri Suwede (Avugwa hanze)
Abahanzi bo muri Nigeria bamaze iminsi babwira isi yose agahinda bafite bitewe n’uko abumva indirimbo zabo kuri Spotify batabinjiriza nk’abumva ibihangano byo muri Amerika, Uburayi no mu Bwongereza.
Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump yabajijwe niba azababarira P.Diddy uri muri gereza aho akurikiranyweho ibyaha bishobora kumugumisha mu nzu y’imbohe ubuzima bwose igihe yabihamwa.
Donald Trump rero aganira na Forbes yasobanuye ko yiteguye kubabarira umunywanyi we wo kuva kera dore ko yajyaga yitabira ibirori byategurwaga na P.Diddy.
Abahanzi bo muri Nigeria bamaze iminsi babwira isi yose agahinda bafite bitewe n’uko abumva indirimbo zabo kuri Spotify batabinjiriza nk’abumva ibihangano byo muri Amerika, Uburayi no mu Bwongereza.
I
Central Cee agiye gutaramira muri Afurika y’epfo
Ubuhanzi abukomora kuri nyina wari umusizi. Central Cee aririmba indirimbo zirimo urukundo, ibibazo abantu bacamo n’ibyo abona bitagenda neza ku buzima bw’abakene. Ni umwe mu bakunze kuvuga ko yacuruje ibiyobyabwenge kandi nibura ku munsi yashoboraga kwinjiza amayero 2000.


Kinyarwanda
English
Swahili









