Bruce Melodie yanyuze benshi, Umudiho w’Ishyaka ry’Intore wasigaye mu mitima ya benshi! Twinjirane mu Gen- Z Comedy

Bruce Melodie yanyuze benshi, Umudiho w’Ishyaka ry’Intore wasigaye mu mitima ya benshi! Twinjirane mu Gen- Z Comedy

Jan 24, 2025 - 23:23
 0

Kuri uyu 23 Mutarama 2025 haraye habaye iseka rusange rimaze kumenyekana nka Gen-Z Comedy riba inshuro ebyiri mu kwezi ku munsi wo ku wa Kane.


Mu ijoro ryakeye byari bishyushuye dore ko abasitari benshi bitabiriye. Umuhanzi Bruce Melodie ni umwe mu  bari bahari, akaba yari n’umutumirwa mu gice cya Meet Me Tonight.

Ntabwo ari we gusa, kuko umuhanzi Alto nawe ni umwe mu bitabiriye ndetse yaje no guhabwa umwanya asusurutsa abitabiriye mu ndirimbo zaryoheye benshi.

Umunyamakuru w’imikino David Bayingana, nawe ni umwe mu bari muri Gen-Z ndetse yari umutumirwa muri Meet Me Tonight aho yagarutse ku rugendo rwe mu itangazamakuru amazemo imyaka irenga 20.

Ntabwo twavuga abanyuze abitabiriye iri seka rusanga rusange ngo twibagirwe Ishyaka ry’Intore ryacinye umudiho biratinda.

Iri torero Ishyaka ry’Intore rikaba rifite n’igitaramo ku wa 25 Mutarama 2025.

Abanyarwenya batandukanye barimo Clemance, Muhinde, Ishimwe Clement n’abandi batandukanye bashimishije imbaraga yitabiriye.

Fally Merci utegura Gen-Z Comdey niwe wakiraga abashyitsi

Abitabiriye Gen-Z batashye banyuzwe

Bruce Melodie yari umutumirwa muri Gen-Z

Umunyamakuru David bayingana umaze imyaka 20 mu itangazamakuru

Nziza Desire nawe yari muri Gen-Z

Umuhanzi Alto yaririmbiye abitabiriye Gen Z

Umunyarwenya Clemence yasususrukije abitabiriye Gen-Z

Umunyarwenya Muhinde nawe yanyuze benshi

Bruce Melodie yanyuze benshi, Umudiho w’Ishyaka ry’Intore wasigaye mu mitima ya benshi! Twinjirane mu Gen- Z Comedy

Jan 24, 2025 - 23:23
 0
Bruce Melodie yanyuze benshi, Umudiho w’Ishyaka ry’Intore wasigaye mu mitima ya benshi! Twinjirane mu Gen- Z Comedy

Kuri uyu 23 Mutarama 2025 haraye habaye iseka rusange rimaze kumenyekana nka Gen-Z Comedy riba inshuro ebyiri mu kwezi ku munsi wo ku wa Kane.


Mu ijoro ryakeye byari bishyushuye dore ko abasitari benshi bitabiriye. Umuhanzi Bruce Melodie ni umwe mu  bari bahari, akaba yari n’umutumirwa mu gice cya Meet Me Tonight.

Ntabwo ari we gusa, kuko umuhanzi Alto nawe ni umwe mu bitabiriye ndetse yaje no guhabwa umwanya asusurutsa abitabiriye mu ndirimbo zaryoheye benshi.

Umunyamakuru w’imikino David Bayingana, nawe ni umwe mu bari muri Gen-Z ndetse yari umutumirwa muri Meet Me Tonight aho yagarutse ku rugendo rwe mu itangazamakuru amazemo imyaka irenga 20.

Ntabwo twavuga abanyuze abitabiriye iri seka rusanga rusange ngo twibagirwe Ishyaka ry’Intore ryacinye umudiho biratinda.

Iri torero Ishyaka ry’Intore rikaba rifite n’igitaramo ku wa 25 Mutarama 2025.

Abanyarwenya batandukanye barimo Clemance, Muhinde, Ishimwe Clement n’abandi batandukanye bashimishije imbaraga yitabiriye.

Fally Merci utegura Gen-Z Comdey niwe wakiraga abashyitsi

Abitabiriye Gen-Z batashye banyuzwe

Bruce Melodie yari umutumirwa muri Gen-Z

Umunyamakuru David bayingana umaze imyaka 20 mu itangazamakuru

Nziza Desire nawe yari muri Gen-Z

Umuhanzi Alto yaririmbiye abitabiriye Gen Z

Umunyarwenya Clemence yasususrukije abitabiriye Gen-Z

Umunyarwenya Muhinde nawe yanyuze benshi

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.