issa
Abagororwa b’abagore bo muri gereza ya Kangbayi  batangiye kwiga uko bakwisuzuma kanseri y’ibere

Abagororwa b’abagore bo muri gereza ya Kangbayi batangiye kwiga uko bakwisuzuma kanseri y’ibere

Oct 3, 2025 - 00:20
 0

Muri gereza ya Kangbayi i Beni mu Ntara ya Nord-Kivu hatangijwe ubukangurambaga bugamije gufasha abagore bafungiwe muri iyo gereza kumenya no kwirinda kanseri y’ibere.


Abagororwa bo muri gereza ya Kangbayi i Beni mu Ntara ya Nord-Kivu b'abakobwa n'abategarugori bahawe amahugurwa ku buryo bworoshye bwo kwigenzura,kwipima no kwisuzuma banahabwa inyigisho ku kamaro ko kumenya ibimenyetso by’iyi ndwara ya Cancel hakiri kare kugira ngo habeho gukira bitabagoye. 

Aha hanatanzwe serivisi z’ubuvuzi ku buntu zirimo gusuzuma abagore no kubaha imiti igenewe indwara zisanzwe.

Umuyobozi w’ibitaro bikuru bya Beni,Dr Jeremie Muhindo, yagize ati: “ Iyo kanseri y’ibere iyo imenyekanye hakiri kare, amahirwe yo gukira aba menshi. 

Yakomeje agira ati:Ni yo mpamvu twazanye ubukangurambaga hano, kugira ngo aba bagore bagire ubumenyi kandi bahabwe ubuvuzi.”

ntibyari bisanzwe ko muri repubulika iharanira demokarasi ya congo , cyane mu ntara ya kivu y'amajyaruguru noneho byongeye muri gereza humvinaka inkuru nk'iyi!

Abagororwa b’abagore bo muri gereza ya Kangbayi batangiye kwiga uko bakwisuzuma kanseri y’ibere

Oct 3, 2025 - 00:20
Oct 3, 2025 - 00:19
 0
Abagororwa b’abagore bo muri gereza ya Kangbayi  batangiye kwiga uko bakwisuzuma kanseri y’ibere

Muri gereza ya Kangbayi i Beni mu Ntara ya Nord-Kivu hatangijwe ubukangurambaga bugamije gufasha abagore bafungiwe muri iyo gereza kumenya no kwirinda kanseri y’ibere.


Abagororwa bo muri gereza ya Kangbayi i Beni mu Ntara ya Nord-Kivu b'abakobwa n'abategarugori bahawe amahugurwa ku buryo bworoshye bwo kwigenzura,kwipima no kwisuzuma banahabwa inyigisho ku kamaro ko kumenya ibimenyetso by’iyi ndwara ya Cancel hakiri kare kugira ngo habeho gukira bitabagoye. 

Aha hanatanzwe serivisi z’ubuvuzi ku buntu zirimo gusuzuma abagore no kubaha imiti igenewe indwara zisanzwe.

Umuyobozi w’ibitaro bikuru bya Beni,Dr Jeremie Muhindo, yagize ati: “ Iyo kanseri y’ibere iyo imenyekanye hakiri kare, amahirwe yo gukira aba menshi. 

Yakomeje agira ati:Ni yo mpamvu twazanye ubukangurambaga hano, kugira ngo aba bagore bagire ubumenyi kandi bahabwe ubuvuzi.”

ntibyari bisanzwe ko muri repubulika iharanira demokarasi ya congo , cyane mu ntara ya kivu y'amajyaruguru noneho byongeye muri gereza humvinaka inkuru nk'iyi!