Uburundi bwohereje abasirikare i Kinshasa kurinda Perezida Tshisekedi
Nyuma y'uko Perezida Tshisekedi agiranye ibibazo n'abasirikare bakuru, akabafunga yakomeje kwikanga ko yakwicwa none yiyambaje abarundi 200.
Abasirikare kabuhariwe bagera ku 200 boherejwe na Leta y'u Burundi i Kinshasa kurinda Perezida Félix Tshisekedi, mu gihe umwuka mubi uri mu gisirikare cya Congo ukomeje kwiyongera.
Aba basirikare batojwe n’Abarusiya i Bujumbura, nyuma yo kurangiza amahugurwa akomeye kuva muri Nyakanga 2025.


Kinyarwanda
English
Swahili









