Trump agiye kwirukana abanya Ukraine ibihumbi 240

Trump agiye kwirukana abanya Ukraine ibihumbi 240

Mar 6, 2025 - 15:30
 0

Ubuyobozi bwa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump burateganya kuvanaho ubuzima gatozi bw’agateganyo ku Banya Ukraine bagera ku 240.000 bahunze intambara u Burusiya.


Aya makuru avuga ko biri mu bikorwa byagutse by’ubuyobozi bwa Trump bwo kwambura ubuzima gatozi abimukira barenga miliyoni 1.8 binjiye  muri Amerika ku buyobozi bwa Biden.

 Aba bose ngo bazkurirwaho ubuzima gatozi ngo bazahita bapakirwa boherezwe iwabo nta yandi mananiza.

Ubuyobozi burateganya kandi gukuraho igihano nsimburagifungo cy’abimukira barimo abanya Israel, Abanyahayiti, Nikaragwa na Venezuwela bagera kuri 530.000 mu kwezi gutaha. Amakuru avuga ko gahunda yo gukuraho igihano nsimburagifungo kuri ubwo bwenegihugu byaba biganisha ku  koherezwa mu bihugu byabo.

Abimukira binjiye muri Amerika banyuze ku mupaka mu buryo butemewe ngo bo bashobora koroherezwa ariko mu gihe kitazwi. 

Trump avuze ibi mu gihe hashize iminsi micye yakiriye mugenzi we Zelensky wa Ukraine bakagirana ikiganiro benshi bise icy’umuriro.

 

 

Trump agiye kwirukana abanya Ukraine ibihumbi 240

Mar 6, 2025 - 15:30
 0
Trump agiye kwirukana abanya Ukraine ibihumbi 240

Ubuyobozi bwa Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika, Donald Trump burateganya kuvanaho ubuzima gatozi bw’agateganyo ku Banya Ukraine bagera ku 240.000 bahunze intambara u Burusiya.


Aya makuru avuga ko biri mu bikorwa byagutse by’ubuyobozi bwa Trump bwo kwambura ubuzima gatozi abimukira barenga miliyoni 1.8 binjiye  muri Amerika ku buyobozi bwa Biden.

 Aba bose ngo bazkurirwaho ubuzima gatozi ngo bazahita bapakirwa boherezwe iwabo nta yandi mananiza.

Ubuyobozi burateganya kandi gukuraho igihano nsimburagifungo cy’abimukira barimo abanya Israel, Abanyahayiti, Nikaragwa na Venezuwela bagera kuri 530.000 mu kwezi gutaha. Amakuru avuga ko gahunda yo gukuraho igihano nsimburagifungo kuri ubwo bwenegihugu byaba biganisha ku  koherezwa mu bihugu byabo.

Abimukira binjiye muri Amerika banyuze ku mupaka mu buryo butemewe ngo bo bashobora koroherezwa ariko mu gihe kitazwi. 

Trump avuze ibi mu gihe hashize iminsi micye yakiriye mugenzi we Zelensky wa Ukraine bakagirana ikiganiro benshi bise icy’umuriro.

 

 

What's Your Reaction?

like

dislike

love

funny

angry

sad

wow

This site uses cookies. By continuing to browse the site you are agreeing to our use of cookies.