issa
Ingingo z'ingenzi z'impamvu yo gusaba guhindura amazina

Ingingo z'ingenzi z'impamvu yo gusaba guhindura amazina

Mar 10, 2026 - 15:55
 0

Turamenyesha ko uwitwa TUYISENGE Anne Marie mwene Ndagijimana Jean Baptiste na Uwamariya Appolonie, utuye mu Mudugudu wa Rusenyi, Akagari ka Murama, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali.


Mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYISENGE Anne Marie, akitwa TUYIKUNDE Anne Marie mu gitabo cy'irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga. Byemejwe na HABIMANA Dominique, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu.

Ingingo z'ingenzi z'impamvu yo gusaba guhindura amazina

Mar 10, 2026 - 15:55
Mar 10, 2026 - 15:57
 0
Ingingo z'ingenzi z'impamvu yo gusaba guhindura amazina

Turamenyesha ko uwitwa TUYISENGE Anne Marie mwene Ndagijimana Jean Baptiste na Uwamariya Appolonie, utuye mu Mudugudu wa Rusenyi, Akagari ka Murama, Umurenge wa Kinyinya, Akarere ka Gasabo, mu Mujyi wa Kigali.


Mu Mujyi wa Kigali wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYISENGE Anne Marie, akitwa TUYIKUNDE Anne Marie mu gitabo cy'irangamimerere. Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Niyo mazina nakoresheje mu ishuli kuva ngitangira kwiga. Byemejwe na HABIMANA Dominique, Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu.