issa
I Beni amashuri yahagaze

I Beni amashuri yahagaze

Oct 13, 2025 - 12:36
 0

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu mujyi wa Beni, kuri uyu wa mbere tariki 13 Ukwakira 2025 amashuri yahagaze.


Mu mujyi wa Beni, ibikorwa by’amashuri byahagaze kuri uyu wa mbere 13 Ukwakira 2025, kubera imyigaragambyo y’urubyiruko rwamagana umutekano muke ukomeje mu karere.

Mu gitondo, inzira nyinshi zafunzwe n’abigaragambya, bituma abanyeshuri batabasha kugera ku mashuri.

Abayobozi b’amwe b'amashuri bahisemo kubasubiza imuhira kugira ngo birinde ibibazo by’umutekano. Ibi rero biratuma ubuyobozi busabwa gufata ingamba zihuse zo kugarura ituze mu mujyi wa Beni. Ni amakuru yatangajwe n'ibinyamakuru bikorera mu burasirazuba bwa RDC.

I Beni amashuri yahagaze

Oct 13, 2025 - 12:36
 0
I Beni amashuri yahagaze

Muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo mu mujyi wa Beni, kuri uyu wa mbere tariki 13 Ukwakira 2025 amashuri yahagaze.


Mu mujyi wa Beni, ibikorwa by’amashuri byahagaze kuri uyu wa mbere 13 Ukwakira 2025, kubera imyigaragambyo y’urubyiruko rwamagana umutekano muke ukomeje mu karere.

Mu gitondo, inzira nyinshi zafunzwe n’abigaragambya, bituma abanyeshuri batabasha kugera ku mashuri.

Abayobozi b’amwe b'amashuri bahisemo kubasubiza imuhira kugira ngo birinde ibibazo by’umutekano. Ibi rero biratuma ubuyobozi busabwa gufata ingamba zihuse zo kugarura ituze mu mujyi wa Beni. Ni amakuru yatangajwe n'ibinyamakuru bikorera mu burasirazuba bwa RDC.