issa
Transfer ya Marcus Rashford muri Barcelona yajemo kidobya nubwo bumvikanye ku bijyanye n’imishahara

Transfer ya Marcus Rashford muri Barcelona yajemo kidobya nubwo bumvikanye ku bijyanye n’imishahara

Jun 26, 2025 - 11:31
 0

Manchester United irimo kuvugwa cyane mu bikorwa byinshi ku isoko ry'igura n'igurisha ry’abakinnyi muri iyi mpeshyi, aho ubu bamaze gusinyisha Matheus Cunha, mu gihe Jadon Sancho ari mu bakinnyi biteganyijwe ko bazagenda.


Manchester United irimo guhindura byinshi cyane iyobowe na Ruben Amorim muri iyi mpeshyi, nyuma y’umwaka mubi kurusha iyindi mu mateka yabo ya Premier League bagize mu mwaka w'imikino wa 2024-2025.

Uyu mwaka w'imikino ushize warangiye bari ku mwanya wa 15 mu makipe 20 akina Shampiyona y'ikiciro cyambere mu bwongereza, banabura amahirwe yo gukina Champions League nyuma yo gutsindwa na Tottenham ku mukino wa nyuma wa Europa League.

Jonny Evans, Christian Eriksen, na Victor Lindelof bamaze gutandukana kubuntu n'iyi kipe ikinira kuri Old Trafford, mu gihe bikekwa ko Jadon Sancho, Marcus Rashford, Alejandro Garnacho, Antony, na Tyrell Malacia bazagurishwa.

United imaze gutanga miliyoni £62.5 igura Matheus Cunha wakiniraga Wolves, ndetse bari no mu biganiro byo kugura umukinnyi wa Brentford Bryan Mbeumo, aho bongereye amafaranga y’igitangaza arenga £60m.

Transfer ya Marcus Rashford muri Barcelona yajemo kidobya nubwo bumvikanye ku bijyanye n’imishahara

Jun 26, 2025 - 11:31
Jun 26, 2025 - 11:38
 0
Transfer ya Marcus Rashford muri Barcelona yajemo kidobya nubwo bumvikanye ku bijyanye n’imishahara

Manchester United irimo kuvugwa cyane mu bikorwa byinshi ku isoko ry'igura n'igurisha ry’abakinnyi muri iyi mpeshyi, aho ubu bamaze gusinyisha Matheus Cunha, mu gihe Jadon Sancho ari mu bakinnyi biteganyijwe ko bazagenda.


Manchester United irimo guhindura byinshi cyane iyobowe na Ruben Amorim muri iyi mpeshyi, nyuma y’umwaka mubi kurusha iyindi mu mateka yabo ya Premier League bagize mu mwaka w'imikino wa 2024-2025.

Uyu mwaka w'imikino ushize warangiye bari ku mwanya wa 15 mu makipe 20 akina Shampiyona y'ikiciro cyambere mu bwongereza, banabura amahirwe yo gukina Champions League nyuma yo gutsindwa na Tottenham ku mukino wa nyuma wa Europa League.

Jonny Evans, Christian Eriksen, na Victor Lindelof bamaze gutandukana kubuntu n'iyi kipe ikinira kuri Old Trafford, mu gihe bikekwa ko Jadon Sancho, Marcus Rashford, Alejandro Garnacho, Antony, na Tyrell Malacia bazagurishwa.

United imaze gutanga miliyoni £62.5 igura Matheus Cunha wakiniraga Wolves, ndetse bari no mu biganiro byo kugura umukinnyi wa Brentford Bryan Mbeumo, aho bongereye amafaranga y’igitangaza arenga £60m.