issa
Agahinda ka PFLA mu gitaramo cya Papa Cyangwe

Agahinda ka PFLA mu gitaramo cya Papa Cyangwe

Nov 24, 2025 - 16:43
 0

Ku wa 22 Ugushyingo 2025 muri Kigali Universe habereye igitaramo cya Papa Cyangwe. Abahanzi barimo PFLA yatashye atishimye nyuma y'uko agiye ku rubyiniro abafana bari gutaha


Umuraperi PFLA yagiye ku rubyiniro igicuku kiniha bigeze saa saba n’igice asanga abantu bamwe batangiye gutaha abandi batishimiye uko iki gitaramo cyagenze bitewe n’imitegurire mibi no kutubahiriza gahunda byakiranze.

PFLA wari uherekejwe na Generous 44 yagiye ku rubyiniro ataramira abasigaye abazi indirimbo ze barishimana abandi bo wabonaga bazinga utwabo bataha.

PFLA ubwo yari ageze ku musozo yumvikanye mu ndangurura majwi yibasira abaraperi bato batumva cyangwa bapinga Old School.

Agahinda ka PFLA mu gitaramo cya Papa Cyangwe

Nov 24, 2025 - 16:43
Nov 24, 2025 - 16:44
 0
Agahinda ka PFLA mu gitaramo cya Papa Cyangwe

Ku wa 22 Ugushyingo 2025 muri Kigali Universe habereye igitaramo cya Papa Cyangwe. Abahanzi barimo PFLA yatashye atishimye nyuma y'uko agiye ku rubyiniro abafana bari gutaha


Umuraperi PFLA yagiye ku rubyiniro igicuku kiniha bigeze saa saba n’igice asanga abantu bamwe batangiye gutaha abandi batishimiye uko iki gitaramo cyagenze bitewe n’imitegurire mibi no kutubahiriza gahunda byakiranze.

PFLA wari uherekejwe na Generous 44 yagiye ku rubyiniro ataramira abasigaye abazi indirimbo ze barishimana abandi bo wabonaga bazinga utwabo bataha.

PFLA ubwo yari ageze ku musozo yumvikanye mu ndangurura majwi yibasira abaraperi bato batumva cyangwa bapinga Old School.